MINEMBWE,SUD-KIVU:- Umuntu umwe niwe wapfuye abandi bane barakomereka ubwo inkuba yakubise abantu munvura yaguye nyinshi mukarere ka Minembwe ahitwa ku Runundu rwaba cepac, uyumunsi wakabiri iminsi 14 ukwezi kwa mbere umwaka 2020.
Harimumasha atandatu yakumwa ubwo invura nyinshi yaguye mu Minembwe maze inkuba ikubita umuryango wuwitwa Birukundi nzamu.
Uyu akaba yarimunzu arikumwe nabanabe ubwo bahuye niyimpanuka, umwawe wumukobga witwaga diama niwe wahise ahita witaba Iamana akokanya ,nyiri rugo nabandi banabe batatu barikumwe namurumuna we bakiriye ahamana kuko nabo bababajwe cyane niyinkuba bamwe muribo bakomeretse cyane.
Imurenge.com yaganiriye namurumunawe witwa Niyibigira mbananayo maze atubwirako barimunzu bariguteguza ibyokurya ntibamenya uko bigenze ubwo iyinkuba yabakubise bisanga barambaraye hasi umwe muribo yaramaze kubasiga nkuko yabibwiye umunyamakuru wachu uri mu Minembwe.
Twagerageje kuganiriza birukundi nzamu ise wababana ariko ntibyamushobokeye kuvuga kuko yarababaye cyane.
Uyumugabo ufitumuryango wabana icyenda numuturage womumuhana wokwirumba groupement basimuniaka sud secteur yarurenge territoire ya fizi arikubu yahungiye intambara kurunundu. Abakomeretse bajanwe mubitaro byitorero ryagaturika “centre de sante Mater dei” irimumadegu.