ADDIS ABABA, ETHIOPIA – Ku minsi 21/01/2018 mu gihugu ca Ethiopia haravugwa amakuru y’abantu batanu bapfuye ndetse n’abandi benshi bakomeretse mugihe Police y’igihugu yakoreshaga amasasu yica mu bantu bari bakoraniye ahabera ibirori by’idini muri Ethiopia y’amajy’epfo.
Biravugwa ko bamwe mu abari muri ibyo birori bakekwa ko bakoreshaga amagambo yo gutuka leta iri k’ubuyobozi.
Kugeza ubu amabarabara yo mumuji wa Waldiya aracafunzwe kubw’impamvu z’umutekano.
Nagatatu gashize niho harekuwe abantu bari barapfunzwe barimwo abaharanira uburenganzira, iki kikaba ari kimwe muri bimwe abatavuga rumwe na leta basaba.