BUKAVU, SUD-KIVU – Mu rwego rwo gukomeza gushaka ubufatanye hagati y’inzego za gisivile n’iza gisirikare ndetse no gushakira hamwe amahoro n’mutekano mukarere k’imisozi mire mire ya Minembwe, umuyobozi mukuru w’ingabo za FARDC, zigize batayo ya 33 muri kivu y’amajy’epfo iyobowe na Gen. Major MUHINDO Akili Mundos, hatanzwe impano ya Moto imwe ku muyobozi wa sosiyete civile ikorera mu Minembwe.
Iyi mpano yashikirijwe umuyobozi mukuru, William Etabu Atumbe ku cicaro gikuru c’ingabo zigihugu mu muji wa Bukavu nk’uko byatangajwe na SLT KENGE Jacques, umuyobozi w’akarere ka 33 ka gisirikare.
Bwana William yashimiye ingabo z’igihugu k’ubufatanye no gushigikira umugambi w’amahoro mu karere akaba yashikirijwe iyi mpano hamwe n’umuryango ayobora mu gukomeza guharanira amahoro.
Nonese ni gute umuyobozi wa société civile mu minembwe yaba umubembe kandi na fizi nahandi aribo ? Ibi nikibazo Minembwe niwacu ntampamvu yo kuhaha umubembe ngo ahagararire akarere