Abanafunzi ba kaminuza nkuru ya Bunia barwanye na Police y’igihugu…

0
189

BUNIA, CONGO –  Guhera ejo hashize nakabi ku minsi 5/12/2017, abanafunzi ba kaminuza nkuru ya Bunia (UNIBU, ntibagiye kumasomo. Aba banafunzi ntibishimiye ko leta yashatse kwimura aya amasomo mukibanza gisha, bityo bituma aba banafunzi barwana na Police ubwo police yashatse kubimira ubwo bakoraga imyigaragambyo.

Nkuko ubuyobozi bwa UNIBU buvuga, Abanafunzi bakoze imyigaragambyo aho batwitse amapine y’imodoka, bafunga amabarabara mumuji wa Bunia. Ibi byose babikoze basaba leta ya Congo kubagarurira amafaranga yabo bamaze kwishura aya amasomo. Police yaje ishaka kubuza aba abanafunzi gufunga amabarabara ndetse no kutakora imyigaragambyo, nibwo aba abanafunzi batangiye kurwanya police.

Intambara y’abanafunzi na Police mumuji wa Beni…

Uhagarariye police mumuji wa Bunia, Colonel Prosper Zombo yabwiye abanditsi n’abanyamakuru ko mugihe abanafunzi batubahirije itegeko rya leta, police isabwa kubahagarika kumbaraga. Yongeye kandi avuga ko bitumvikana mugihe abanafunzi bafunga inzira bakabuza abikorera imirimo yabo gutambuka.

Yongeye kandi avuga ko police yafunze abanafunzi barindwi (7) bazira gutwika amapine no gufunga inzira.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here