Home Blog Page 605

Abaganga bo mu Minembwe bakoze imyigaragambyo yo gupinga imikorere mibi y’umuyobozi.

0
Ibitaro bikuru bya MINEMBWE

Guhera kur’uyu wa gatatu tariki ya 28/10/2015, abaganga bagera kuri 13 (cumi na batatu) bakorera  ibitaro bikuru byo mu Minembwe bari mu myigaragambyo yo  gupinga Dr Sabin Kababu, umuyo bozi mukuru w’ibitaro byo mu Minembwe.

Iyi myigaragambyo yatangiye kuri uyu wa gatutu  ikaba yatangiye gutera ingaruka zikomye kuribyo bitero aho abarwayi bari kwakirwa n’umuganga umwe ndetse n’abadogiteri babiri, ibi bigatu ubuvuzi (service) abarwayi bahabwa zitihuta bitewe n’ubuke bw’abaganga

Aba baganga bigaragambije  kwari cumi na batatu  bakaba bandikiye umuyobozi ushinzwe ubuzima mu ntara ya Kivu y’amajyepfo  bamusaba ko yahindurera Dr Sabin Kababu  imirimo bitewe n’imikorere  bavuga ko itarimyiza afite kubaganga n’abarwayi .

Olivier Muragize, umwe mubaganga bari mu myigaragamyo arasobanura amakosa ya Dr Sabin muri aya magambo

Sabin aduteranya n’abarwayi kandi adutukira imbere y’abarwayi.

– Olivier Muragize-

Nyuma yibyo bibazo Imurenge.com tukaba twegereye Dr Sabin Kababu tumubaza ko hari ico yobiuvuga ho, yatangaje ko ntakintu nakimwe abivuga ho bitewe nuko umuyobozi ushinzwe ubuzima muntara ya Kivu y’amajyepfo ataragira ico abivuga ho, usibye ko ngo iwe azi nuko hari abakozi bataye akazi kabo.

Umuyobozi  ushinzwe iby’ubuzima mukarere ka Minembwe Charles Ruvusha akaba yatangaje ko ico kibazo bakizi kandi bagiye kugihagurukira bitarenze kuri uyu wa gatanu tariki ya 30/10/2015

Nubwo  Dr Sabin Kababu  arerwa ibyo bibazo byose, Kuva mu mwaka wa 2014  iwe  na bagenzi be bakaba bamaze kubaga abarwayi bagera  150 kandi bose bakize kurubu ni bazima.

Dore Ibitaro bya Minembwe:

Ibitaro bya Minembwe

Nyuma yo gukira akabumbu Dr Kigabo n’abakinyi bose bishimiye uko umukino wagenze!

0
Dr Kigabo Mbazumutima

MINEMBWE – (Amafoto yavuguruwe!)- Mu karere ka Minembwe babuze aho bubakira  ikiwanja c’umupira wamaguru nyuma yaho Dr Kigabo Mbazumutima yemereye gufasha urubyiruko rwo mu Minembwe ku rwubakira Stade (Ikiwanja) ndetse  n’inzu y’urubyiruko.

Ubuyobozi bw’iposita nkuru ya Minembwe bwabuze ikiwanja butanga co kubaka mo bitewe nuko Minembwe yose isa naho yagiye igurwa n’abantu ku giti cabo. Paruwase  Gaturika ya Materdei ifite iki wanja ca Materdei nayo yanze gutanga aho bubaka ico kiwanja ngo keretse  reta yemere ko ico kiwanja kiba ic’ikipe ya Materdei isanzwe ikinira gaturika.

Ibi bikaba byatangajwe n’umuyobozi wa gaturika mu Minembwe Mugaza Theodore ubwo ya ganiraga n’umuyobozi w’umupira wa maguru mu Minembwe  Ndabona Boniface kuri  kano kane ku minsi 08/10/2015. Umuyobozi wa siporo, Ndabona Boniface, hamwe n’ubuyobozi bwa Federation bakaba bakomeje gusaba Leta ya Congo ko yabaha aho bubaka iki kiwanja ndetse n’inzu y’urubyiruko Dr Kigabo Mbazumutima ashaka kubatera mo inkunga. Ikiwanja co K’uwigishigo niho urubyiruko rusigaranye amahirwe yo kubabakirwa  ico kiwanja bemerewe, nubwo bavuga ko naco hari abantu bo mu nzego zo hejuru bahaguze ku giti cabo.

Dr Kigabo Mbazumutima  hamwe n’abaturage bo muri Arizona bakaba bamaze kuba bamwe mubo urubyiruko rwa Minembwe rwiyumvamo bitewe nuko aribo baterankunga babo bambere. Muri uku  kwezi k’umunani Dr Kigabo akaba yarasigiye inkunga y’ibikoreshe by’umupira wa maguru ikipe ya Minembwe Fc (Jersey  na Godyo ) ndetse akaba afite n’umugambi wo kuzamura abana mu mikino itandukanye igorora ingingo irimo no kwiruka.

Dr Kigabo Mbazumutima

 

Yarashwe akurikiye umugore w’abandi.

0
Imbunda yarashe

MINEMBWE – Umugabo Kansimeli uri mukigero c’imyaka mirongo 40 y’amavuko, ukomoka mu bwoko b’Abashi yakomerekejwe bikomeye n’amasasu yarashwe n’umupolisi mw’ijoro ryo kuri rino yinga kuminsi 03/07/2016.

Uyu mugabo warashwe yari amaze guhindura umugore w’umupolisi  indaya ye. Nyuma yo kurasa Kansimeli uyu mupolisi akaba yahunze asiga anataye imbunda ye.

Ku mugoroba wo kuri uyu wambere nibwo  indege ya Monusco yaje gutwara uwo mugabo warashwe.

Amakimbirane yo kunyurana inyuma kwabashakanye mu Madegu hari mo abagore b’Abanyamurenge bashatswe mu bwoko bw’Abashi akaba  amaze gufata intera ikomeye.

Abanafunzi 443 ni bakoze ibizami bya leta mu minembweariko umwanafunzi umwe arafunzwe.

0
Abanafunzi Bakoze Ibizamini

MINEMBWE – Abanafunzi 443 ni bakoze ibizami bya Leta bisoza umwaka wa gatandatu  kuri centre yo  mu Minembwe iherereye kuri Ugeafi kuri kano kazirimwe ku minsi 20/06/2016.

Bikurikiranye n’umuyobozi wa centre ya Minembwe Inspecteur  Lwinga Mwamba  akaba yavuze ko ibizami bya leta byagenze neza dore ko byujuje imyaka 50 bitangiye gukorwa.

Nubwo inspecteur  avuga ko ibizame byagenze  neza hari  umwanafunzi   wo kuri institut Kitasha waje gukora ibizami bya Leta kuri centre yo mu Minembwe uri mu maboko ya polisi yo mu Minembwe azira icaha cokuba  yafatanywe ikimogi.

mu Mikenke  hakaba hari gukorera abanafuzi bagera kuri 321 ariko mirongo 20 bakaba batagaragaye mu bizame ndetse icatumye batabikora kikaba kitaramenyekana.

Mukobelwa Mangala : Une plume muselée, un symbole de la répression de la presse au Sud-Kivu

0

Mukobelwa Mangala, journaliste à la Radio Nenolauzima Bukavu en RDC courageux et voix critique, est contraint de vivre en clandestinité, loin de sa patrie. Ses enquêtes minutieuses et ses articles incisifs, qui mettaient à nu les dérives du pouvoir et les injustices sociales les années 2012, ont fait de lui une cible privilégiée. Les attaques dont il a été victime ne sont pas des faits isolés, mais s’inscrivent dans un contexte plus large de répression de la liberté de la presse.

A ces jours ses collègues journalistes continuent à dénoncer le calvaire de Mukobelwa Mangala M dont on ne se pas repérer en ces jours.

Selon notre source, Mukobelwa Mangala  a subit des menaces, agressions physiques des autorités de la part du pouvoir de l’époque et porté disparu jusqu’à ces jours.Les journalistes ou leur corporation n’ont pas à ces jours les traces ou serait ce journaliste.

Ces actes de violence ont contraint Mangala à quitter son pays pour préserver sa vie. Son exil forcé est un affront à la liberté d’expression et un symbole de la peur qui règne sur ceux qui osent déranger les puissants.

Les journalistes continuent à dénoncer cet acte et interpelle les autorités nationales à s’impliquer pour retrouver ce digne fils de la province.

Sud-Kivu : Des automobilistes rançonnés par la PCR à Bukavu

0

Bukavu : Des éléments de la Police de circulation routière rançonnent des automobilistes à Bukavu. Les chauffeurs de taxis et taxis bus sont les plus ciblés. Que l’on soit en ordre ou pas avec les documents exigés pour la libre circulation sur la route, les agents de l’ordre ne se contentent plus que de percevoir illégalement de l’argent à ciel ouvert.

Josué Musole a mené une enquête dans la ville de Bukavu voici son reportage reportage audio: