
BUKAVU – Abatuye umuhana wa Bukavu basezeye bwa nyuma ku mubiri wa Rurwanyintare Gadi. Uyu muhango wabereye mw’ikanisa rya Methodiste i Muhumba.
Kubera impanuka y’imodoka yaritwaye umurambo yabereye mu Rwanda byatumye uyu muhango utwara akanya gatoya cane kugira ngo uze gukomereza mu Minembwe aho agomba gushingurwa. Usibye gusoma umwirondoro wa nyakwigendera, abantu benshi baribitabiriye uyu muhango nta yindi gahunda yahabaye.
Rurwanyintare y’itangiye igihugu ndetse cane ubwoko. Ntabwo yari akwiriye gupfa urupfu yapfuye. Rurwanyintare yaraye rwantambi. yaranzwe, ararwanywa ariko byose yazize ubwoko n’ishaka yarafitiye igihugu. Uyu munsi Abanyamurenge, umworozi wese ndetse n’andi moko yose. Aha twavuga: Ababembe, Abapfurero babaye impubyi ariko Imana ishimweko ariyo idufite. – avuga Muhamiriza Nyantore –
Mw‘isengesho rigufi rya minisitiri Ruhimbika Muller yashimye Imana agira at:
Mana niwowe utwara intwari kandi ni wowe utanga izindi.
Nyakwigendera Rurwanyintare wabaye commissaire assistant wa zone ya FIZI atabarutse yari umuyobozi wabungeri mu ntara ya Sud Kivu. – Muller-
REBA AMAFOTO






