MIBUNDA,SUD-KIVU – Uyu munsi wagatatu ku minsi 4/7/2018,akarere ka Mibunda kiriranwe agahenge
Amakuru agera kuri Imurenge.com, avugako abaturage bamoko yiganjemo abanyamurenge n’ababembe, uyu munsi wagatatu biriwe mu biganiro byo kureberahamwe uko bahuriza kw’ijambo rimwe ryo kwanga intambara.
Ibiganiro byabereye mu Mikenke byagaragajeko impande zombi zidashaka intambara mu baturage.
Ubwo twarimo dufata ayamakuru, abasore babanyamulenge bo kundondo baribakurikiye mai mai bageze mu Gipupu ariko bakaba ubu bagarutse .